AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Kicukiro: Resitora zirangwamo umwanda zigiye guhagurukirwa

Yanditswe Feb, 02 2017 18:43 PM | 1,964 Views



Ubuyobozi bw'akarere ka Kicukiro buratangaza ko butazigera bwihanganira bamwe mu bafite za Restora zikirangwamo umwanda, ni nyuma yaho bamwe mu baturage bagana za restora basaba ko isuku yarushaho kugenzurwa kuko bishyira ubuzima bwabo mu kaga ko kwandura indwara zitandukanye.

Nubwo zimwe mu ma restora usanga zifite isuku, ariko nanone hari naho usanga isuku zarirengagijwe, bamwe bafite za restora baremera amakosa yagiye agaragara kandi ko bagiye kuyakosora.

Ku ruhande rw'abagana ayo ma restora barasaba abafite isuku mu nshingano kurushaho gukaza ingamba kugirango badakomeza kurwara indwara ziterwa n'isuku nke.

Bayingana Emmanuel umuyobozi w'ungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage mu karere ka kicukiro, avuga ko batazigera bihanganira za restora zikirangwamo n'isuku nke.

Gusa arasaba abagana za restora ubufatanye mu kurwanya bene izo restora.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira