AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Kibeho: Imyaka 35 irashize habereye ibonekerwa rya mbere

Yanditswe Nov, 27 2016 16:45 PM | 4,803 Views



Mu gihe habura amasaha make Ngo kiliziya gatorika yizihize  isabukuru y'imyaka 35 y'amabonekerwa ya kibeho, kuri iki gicamunsi imbaga y'abakristu n'abandi bake mu rugendo nyobokamana bamaze kuhagera n’ubwo itariki nyirizina itaragera. Ku itariki ya 28/11/1981 nibwo Alphonsine Mumureke wigaga muri college ya Kibeho yabonekewe na Bikira Mariya.

Ibihumbi by'abitabiriye kwizihiza iyi sabukuru yaba abanyarwanda n'abanyamahanga bari mu Masengesho abandi bava cyangwa bajya ku Isoko y'amazi ya Bikira Mariya:gusa ntibyoroshye kubona ayo mazi kubera ubwinshi bw'abayakeneye. Abanyarwanda n'abanyamahanga bakora ingendo nyobokamana I Kibeho basanga kwizihiza iyi sabukuru biyiziye ahabereye amabonekerwa bituma babasha guhamya no kwibonera aho ibyo amabonekerwa yabereye aho gukomeza kubibwirwa gusa.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura