Yanditswe Nov, 09 2016 16:08 PM | 2,354 Views
Madamu wa Perezida wa Benin Claudine Talon ari kumwe na Madamu Jeanette Kagame basuye ibikorwa by’ amajyambere bitandukanye abaturage bamaze kugeraho mu Karere ka Kayonza intara y’ uburasirazuba muri byo harimo umudugudu w’ indatwa uherereye mu murenge wa Mukarange, umudugudu utuwe n’ imiryango 90 igizwe n’ abantu bagera kuri 452.
Aba baturage basobanuriye abadamu b’ abakuru b’ ibihugu uburyo bari mu buzima bubi batagira aho kuba. Bavuga ko bari batuye nabi mu bihanamanga nyuma leta ibabumbira hamwe nk' abanyarwanda ibubakira amazu bahabwa amazi, umuriro, Biogaz ndetse n' igikumba aho kuri ubu bafitemo inka zigera kuri 70.
Aho mu Karere ka Kayonza hasuwe kdi ikigo mbonezamikurire cyubatswe n’ umuryango imbuto Foundation kirererwamo abana bari hagati y’ imyaka 4 n’itandatu.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru