Yanditswe Nov, 14 2016 10:29 AM | 1,384 Views
Perezida w'inteko ishinga amategeko umutwe
w'abadepite Donatille Mukabalisa n'intumwa ayoboye zigizwe n'abadepite ku munsi
w'ejo bahuye n'abanyarwanda baba muri Suede i Stockholm, aho yabasabye
gutekereza ibintu bigari biganisha ku gushyigikira iterambere u Rwanda rugenda
rugeraho.
Izi ntumwa za rubanda ziri muri Suede mu ruzinduko batumiwemo na bagenzi babo bagize inteko ishinga amategeko muri iki gihugu.
Uru ruzinduko rukurikiye urw'abadepite bo muri Suede bagize komisiyo 2 n'abandi bacuruzi bahagarariye abandi bagiye basura u Rwanda mu bihe bitandukanye kuva uyu mwaka utangiye.
Hon. Mukabalisa yabwiye aba banyarwanda ko igihugu cyabo gihora cyiha intego iri hejuru kandi uko iminsi yicuma iyo ntego igenda yisumburaho. Yagize ati ntidutekereza ibintu binini gusa, ahubwo tunabishyira mu bikorwa kandi ikibigaragaza ni uko bihindura imibereho y'abaturage mu gihugu hose.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
2 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
3 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
5 hours
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru