AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Ishyirahamwe ry'abislamu ryiyemeje gufasha abaturage mu iterambere

Yanditswe Dec, 27 2016 15:48 PM | 1,908 Views



Ishyirahamwe  'Asangirangendo' rigizwe nabo mu idini ya Islam baba barakoze urugendo rwo kujya i Mecca riravuga ko ryiteguye gukomeza gukora ibikorwa byunganira gahunda za leta zirimo gufasha abatishoboye. Ibi byavuzwe ubwo iri shyirahamwe ryishimira imyaka itanu rimaze, maze abahawe ubufasha bavuga ko ubu bariho neza nyuma yo kubakirwa inzu no korozwa inka.

Inkuru mu mashusho:

Iri shyirahamwe rivuga ko gufasha abatishoboye ariyo nshingano y’ibanze kuko ijyana n’icyerekezo cy’igihugu aho uri munyarwanda agomba gutera imbere ntawusigaye. Ibi barabikora mugihe bamaze igihe batanga inkunga ku baturage batishoboye hirya no hino mu turere utaretse no gutanga umusanzu mu kigega Agaciro Development Fund kigamije kwigira ku banyarwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize