Yanditswe Nov, 02 2016 11:50 AM | 1,514 Views
Komisiyo y'ubuhinzi n'ubworozi mu nteko
ishingamategeko umutwe w'abadepite irimo gusuzuma ikibazo cy'imashini ikora
umwuka ubika intanga ziterwa inka.
Iyi mashini yari imaze amezi asaga atatu idakora bikaba byarabaye ikibazo cy'ingutu ku borozi kuko batakibona intanga ziterwa inka zabo.
Iyi mashini iherereye mu kigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi cya Rubirizi mu karere ka Kicukiro yaguzwe amafaranga y'u Rwanda miliyoni 500.
Yaguzwe mu mwaka w’2009 ikaba yaratangiye guhura n'ibibazo byo gupfa ama 'pieces' mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka bituma aborozi bahura n'ikibazo cyo kubura intanga.
Kugeza ubu itegeko riteganya ko umworozi atanga amafaranga 1500 kugira ngo atererwe intanga ku nka imwe, iyo idafashe veternaire yongera kumuterera nta kiguzi
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru