Yanditswe Mar, 31 2017 15:29 PM | 2,173 Views
Ingabo zihuriye mu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye ku mugabane wa Africa (ACIRC) zashoje imyitozo ya gisirikare zari zimazemo iminsi 10 i Gako, izi ngabo zivuga ko zihavanye impamba ihagije izazifasha mu mirimo zizashingwa.
Umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda yavuze ko umugabane wa Africa ukomeje kugaragaraho amakimbirane, intambara biterwa n'udutsiko ahanini tuba tugamije itarabwoba aha akaba ariho yahereye asaba ingabo zishoje amahugurwa kuzashyira mu bikorwa amasomo bahawe batabara abaturage bari mu kaga.
Iyi myitozo
yitabiriwe n'ibihugu 9 mu gihe uyu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara
aho rukomeye urimo ibihugu 13 byo ku mugabane wa Africa. Bam Sivuyile umuyobozi
ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro mu muryango wa Africa yunze ubumwe avuga
ko amahugurwa nk'aya agamije kubaka ubushobozi bw'ingabo za Africa kugirango
Africa izajye yicyemurira ibibazo byayo.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru