AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ingabo zihuriye mu muryango wa ACIRC zasoje imyitozo ya gisirikare i Gako

Yanditswe Mar, 31 2017 15:29 PM | 2,173 Views



Ingabo zihuriye mu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye ku mugabane wa Africa (ACIRC) zashoje imyitozo ya gisirikare zari zimazemo iminsi 10 i Gako, izi ngabo zivuga ko zihavanye impamba ihagije izazifasha mu mirimo zizashingwa.

Umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda yavuze ko umugabane wa Africa ukomeje kugaragaraho amakimbirane, intambara biterwa n'udutsiko ahanini tuba tugamije itarabwoba aha akaba ariho yahereye asaba ingabo zishoje amahugurwa kuzashyira mu bikorwa amasomo bahawe batabara abaturage bari mu kaga.

Iyi myitozo yitabiriwe n'ibihugu 9 mu gihe uyu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye urimo ibihugu 13 byo ku mugabane wa Africa. Bam Sivuyile umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro mu muryango wa Africa yunze ubumwe avuga ko amahugurwa nk'aya agamije kubaka ubushobozi bw'ingabo za Africa kugirango Africa izajye yicyemurira ibibazo byayo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama