AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Inama ku ikoranabuhanga y'ihuriro y'amashyaka ya politike mu Rwanda

Yanditswe Nov, 24 2017 19:26 PM | 4,010 Views



Abayobozi b'imitwe ya politike yemewe mu Rwanda baragaragaza ikoranabuhanga nk'igikoresho gikomeye mu gusakaza ibitekerezo, bagahamagarira abayoboke b'iyo mitwe kwirinda ibyaha byifashishwa ikoranabuhanga. Ni nyuma yo kugezwa ho ibiganiro byateguwe n'Ihuriro ry'imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu.

Ibiganiro ku ruhare rw'ikoranabuhanga mu iterambere ry'ubukungu n'imibereho myiza, byateguwe n'ihuriro ry'imitwe ya politike yemewe mu Rwanda mu gihe umwaka utaha wa 2018  hazaba amatora y'abadepite.

Uretse kumurikirwa politike y'ikoranabuhanga mu Rwanda ndetse n'intera igihugu kimaze kugeraho muri urwo rwego, bariya banyapolitiki bagaragarijwe na polisi y'igihugu bimwe mu byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga basezeranya gufata iya mbere mu kubirwanya no kubikangurira abayoboke b'imitwe ya politiki.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura