AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Imvura idasanzwe yatumye uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Nyagatare rusubikwa

Yanditswe Apr, 29 2016 11:58 AM | 2,949 Views



Kubera imvura y’umurindi yakomeje kugwa I Nyagatare mu Burasirazuba, uruzinduko rwa Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame rurasubitswe muri ako karere kugira ngo abaturage batanyagirwa.

Perezida Kagame yari gusura abaturage b’akarere ka Nyagatare, nyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu yari mu karere ka Ngoma, aho yaganiriye n’abagatuye, abasaba gushyiramo imbaraga nyinshi muri gahunda yo kurwanya ubukene.

Nyuma yo gusura abaturage b'akarere ka Ngoma, umukuru w'igihugu yahuye n'abavuga rikumvikana mu karere ka kayonza.

Ibiganiro by’umukuru w’igihugu n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’iburasirazuba, byaranzwe ahanini no kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’iyi ntara, hagamijwe kureba uruhare rwa buri ruhande.

Iyi nama yabaye hashize igihe gito hatowe imbonezamihigo, yatanze ikizere ko aba bavuga rikumvikana biyemeje gukora cyane kugirango bagere ku nshingano biyemeje. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama