AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Imibereho ya bazwi nka 'karani ngufu' ishobora guhinduka ikarushaho kuba myiza

Yanditswe Apr, 28 2016 15:46 PM | 1,405 Views



Ministeri y'abakozi ba leta n'umurimo iratangaza ko abakora imirimo itanditse ''informal sector'', harimo iyo mu ngo n'iya karani ngufu bagiye kubona itegeko ribarengera, rizagena imishahara fatizo n'uko abakoresha babo bakubahiriza uburenganzira bwabo.

Bamwe mu bakora ubukaraningufu bemeza ko bahuraga n'imbogamizi bakiyambaza gusa amakoperative. Nsengimana Vitali avuga ko amaze gusaza atagishobora kwikorera ibiro bisaga 50 mu gihe mbere yikoreraga ibiro ijana cyangwa bisaga nk'abasore twahasanze.

Avuga ko gukorera muri koperative byabagiriye akamaro kuko bibaha ingufu. Ibibazo byo kutagira imishahara fatizo, cyangwa amasezerano n'abakoresha ni bimwe mu bibazo usanga ngo bibugarije. 

Umurimo wa karani ngufu ufasha mu gutwara imizigo no kuyipakira, itunze benshi mu rubyiruko mu rwego rwo kwirinda kuba inzererezi. Gusa kuba ukiri mu igomba kunozwa igashyirwa no mu mategeko bizarushaho guha icyizere abawurimo.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira