Yanditswe Nov, 25 2016 13:06 PM | 2,070 Views
Urwego rw'igihugu rushinzwe imfungwa n'abagororwa RCS ruhangayikishijwe n'uko mu magereza amwe n'amwe mu gihugu umubare w'abasura ababo bafunze waragabanutse kandi nyamara ngo abo bafunze baba bakeneye guhura n'imiryango yabo.
Umuvugizi w'uru rwego CIP Sengaho Hillary asobanura ko ibi bigira ingaruka kubafunze kuko bibatera kwiheba no gutekereza ko ababo babatereranye. Ngo bishobora no gukoma mu nkokora umugambi wo kugorora kuko bituma ufunze adahinduka vuba. Kugezubu mu Rwanda harabarirwa gereza 14 zirimo abagera ku bihumbi 55….
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
59 minutes
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Sekamana Atanase
murakoze cyane kubw'amagambo ya CIP Sengabo Hillary, nk'umunyarwanda nagirango nisabire RCS ko yakorohereza abo bantu basura imfungw n'abagororwa mugihe baje kubasura cyane abajyanywe muri gereza ya Mageragere kuko ahantu bashyize bariyeri kugirango uhaterere n'umuzigo wikoreye biragoye ndetse kubanyantege nke niyo yaba ntacyo yikoreye biragoye. Feb 20, 2017