Yanditswe Jun, 15 2016 09:57 AM | 2,180 Views
Abaturage barakangurirwa kwipimisha bakamenya ubwoko bw'amaraso yabo (groupes Sanguins) kuko ngo iyo bagiye kwa muganga bayakeneye bifata igihe gito ngo bayahabwe kuko ubwoko bwayo buba buzwi.
Ibi ni mu gihe tariki ya 14 Kamena ya buri mwaka,
ari umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku bikorwa bijyanye no gutanga
amaraso, kugira ngo abashishwe abayakeneye.
Gatare Swaibu uyobora ikigo cy'igihugu gishinzwe gutanga amaraso,
ashishikariza abaturage kugana ahatangirwa amaraso kugira ngo bamenye ubwoko
bwayo kuko bituma baramirwa mu buryo bwihuse iyo bagiye kwa muganga bayakeneye.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru