AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ibura rya murandasi rishobora guhagarika ubuzima nkuko bivugwa n'abaturage

Yanditswe Nov, 18 2017 21:23 PM | 4,806 Views



Bamwe mu baturage baravuga ko iyo habayeho ikibazo cy'ibura rya murandasi (internet) hari byinshi byangirika mu mikorere yabo. Nubwo murandasi isa n'itabarirwa mu bintu by'ibanze bikenerwa mu buzima bw'abantu, ubu ibintu byahinduye isura kuko iyo murandasi ibuze ubuzima bw'abatari bake burahungabana.

Kugeza ubu mu Rwanda harabarirwa telefone zigezweho cyangwa 'smart phone' miliyoni 5, ibi bikagaragaza umubare w'abantu bagerwaho n'ingaruka zitandukanye iyo habayeho ibura rya murandasi

Mu Rwanda abakoresha murandasi bageze kuri 75% mu gihe hari intego y'uko umwaka utaha abakoresha murandasi bazaba bageze kuri 85%.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage