Yanditswe Sep, 14 2017 13:53 PM | 5,294 Views
Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka wa 2017, iragaragaza ko ibigo by’imari byo kubitsa no kuguriza, microfinance, muri rusange byaguye mu gihombo cya miliyoni 118, gusa hari igice kimwe cyahombye asaga miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.
Imitungo y’ibigo by'imari iri kuri miliyari 247.7 avuye kuri miliyari 230.3, yazamutseho 7.6%.
BNR ikagaragaza ko iri zamuka riri ku muvuduko muto ugereranyije n’umwaka wabanje, aho ryari riri kuri 22.8%.
BNR ivuga ko habayeho no kugenda gake mu gutanga inguzanyo muri rusange mu bigo by’ imari bitewe ahanini na gahunda yo kwitonda mu gutanga inguzanyo ibi bigo byihaye, kubera ibibazo by’inguzanyo zitishyurwa neza zirimo kwiyongera.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru