AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Ibigo by'imari iciriritse, Microfinance, byahombye amafaranga asaga Miliyari 3

Yanditswe Sep, 14 2017 13:53 PM | 5,294 Views



Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka wa 2017, iragaragaza ko ibigo by’imari byo kubitsa no kuguriza, microfinance, muri rusange byaguye mu gihombo cya miliyoni 118, gusa hari igice kimwe cyahombye asaga miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.

Imitungo y’ibigo by'imari iri kuri miliyari 247.7 avuye kuri miliyari 230.3, yazamutseho 7.6%.

BNR ikagaragaza ko iri zamuka riri ku muvuduko muto ugereranyije n’umwaka wabanje, aho ryari riri kuri 22.8%.

BNR ivuga ko habayeho no kugenda gake mu gutanga inguzanyo muri rusange mu bigo by’ imari bitewe  ahanini na gahunda yo kwitonda mu gutanga inguzanyo ibi bigo byihaye, kubera ibibazo by’inguzanyo zitishyurwa neza zirimo kwiyongera.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura