AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

IPAR muri gahunda yo kuzumura umubare w'abandikwa mu bitabo by'irangamimerere

Yanditswe Dec, 07 2016 10:21 AM | 1,514 Views



Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali baratangaza ko bishimira ko zimwe mu mbogamizi bahuraga nazo mu bijyanye no kwandikisha abana mu bitabo by’irangamirere zakemutse ugereranije na mbere.

Ibi barabivuga kubera ubukangurambaga burimo gukorwa mu gihugu hose, bwo kwandika mu bitabo by'irangamimerere abana bacikanywe ndetse no kwandukuza abitabye imana. Ni mugihe ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy’ubushakashatsi n'isesengura kuri za politiki, IPAR ifatanyije na World Vision bwerekana ko kwandikisha abana mu Rwanda byari ku gipimo kingana n'10%.

Imibare igaragaza ko 91% by'abana bavukira kwa muganga 50%  bandikishwa ku mirenge. Naho kumenyekanisha ko abana bavutse muri rusange biri ku gipimo cya 56%.

Umuyobozi w'ishami rishinzwe ubushakashatsi mu kigo  cya IPAR, Prof. Alfred Bizoza, avuga ko byinshi mu bibazo byagaragaye mu bushakashatsi biteguye ko bigiye gukemuka ndetse hakongerwa imbaraga kugirango umubare w'abandikwa mu bitabo by'irangamimerere uzamuke.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura