Yanditswe May, 16 2016 11:41 AM | 3,442 Views
Amwe mu mashuli yo mu Karere ka Gakenke ubu yafunze imiryango by’agateganyo, ku bw'ibibazo
by'imihanda n'ibiraro byangijwe n'ibiza by'ikangu.
Ikibazo cy'imvura nyinshi yateje ibiza by'ikangu mu karere ka Gakenke, byagize ingaruka ku nzego zitandukanye bidasize inyuma uburezi. Bimwe mu bigo by'amashuli abanza n'ayisumbuye ubu bikaba byafunze imiryango by’agateganyo. Ibi bikaba bihangayikishije abanyeshuli.
Umuyobozi w'akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias,
avugako mubyo barimo kwihutira gukemura, harimo n'ikibazo cy'uburezi, k'uburyo
bitarenze ku wa mbere w'icyumweru gitaha, abanyeshuli bose bazaba basubiye
kwiga:
Mu bantu 34 bahitanywe n'ibiza by'inkangu zatewe n'imvura yibasiye aka Karere ka Gakenke, harimo n'abanyeshuli 3 bigaga kuri iki kigo cy'amashuli cya Nganzo ya mbere.
Gusa kugeza ubu ngo nta kigo na kimwe
cy'amashuli cyasenywe nizo nkangu, zatwaye ubuzima bw'abantu zikanangiza ibintu
byinshi.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
5 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru