AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Gakenke: Kubera ikibazo cy'ibiza amwe mu mashuli yarafunze

Yanditswe May, 16 2016 11:41 AM | 3,442 Views



Amwe mu mashuli yo mu Karere ka Gakenke ubu yafunze  imiryango by’agateganyo, ku bw'ibibazo by'imihanda n'ibiraro byangijwe n'ibiza by'ikangu.  

Ikibazo cy'imvura nyinshi yateje ibiza by'ikangu mu karere ka Gakenke, byagize ingaruka ku nzego zitandukanye bidasize inyuma uburezi. Bimwe mu bigo by'amashuli abanza n'ayisumbuye ubu bikaba byafunze imiryango by’agateganyo.  Ibi bikaba bihangayikishije abanyeshuli.

Umuyobozi w'akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias, avugako mubyo barimo kwihutira gukemura, harimo n'ikibazo cy'uburezi, k'uburyo bitarenze ku wa mbere w'icyumweru gitaha, abanyeshuli bose bazaba basubiye kwiga:

Mu bantu 34 bahitanywe n'ibiza by'inkangu zatewe n'imvura yibasiye aka Karere ka Gakenke, harimo n'abanyeshuli 3 bigaga kuri iki kigo cy'amashuli cya Nganzo ya mbere.

Gusa kugeza ubu ngo nta kigo na kimwe cy'amashuli cyasenywe nizo nkangu, zatwaye ubuzima bw'abantu zikanangiza ibintu byinshi.

Inkuru irambuye mu mashusho: 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama