Yanditswe Nov, 11 2018 18:58 PM | 38,175 Views
Madamu wa Perezida wa Haïti Martine Moïse, yasuye
urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ashyira indabo ku mva, anunamira
imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa
Kigali.
Madam wa Perezida wa Haïti Martine Moïse yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro ICFP.
Ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Dr Ndimubanzi Patrick wari kumwe n'abandi bayobozi.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru