AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

First Lady Jeannette Kagame yavuze ko uburezi bushobora guhindura isi

Yanditswe Nov, 04 2017 21:52 PM | 3,989 Views



Madam wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame avuga ko uburezi bufite ububasha bwo guhindura isi, bityo agasaba abize gukoresha ubumwenyi bafite mu kwiteza imbere ubwabo n'igihugu muri rusange. Ibi bikubiye mu butumwa yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri 117 ba Maranyundo Girls School barimo 57 barangije umwaka wa gatandatu na 60 barangije uwa gatatu wisumbuye.

Uyu muhango wabimburiwe n'igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro inyubako nshya z'iri shuri zirimo isomero rigezweho na Laboratoire, Madam Jeannette Kagame yasobanuriwe uburyo zizakoreshwa mu gufasha abanyeshuri kwiyungura ubumenyi.

Iki gikorwa cyakurikiwe n'ibirori byo gushimira aba banyeshuri no kubashyikiriza impamyabumenyi zishimangira icyiciro cy'amashuri barangije.

Madam wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yabashimiye intambwe bateye mu buzima abasaba kuzigirira icyizere aho bagiye no kubyaza umusaruro ubumenyi bakuye kuri iri shuri.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira