Yanditswe Jan, 04 2017 11:14 AM | 5,995 Views
Abahinzi b'igihingwa cya Makadamiya mu murenge wa Kamabuye mu Bugesera baravuga ko iki gihingwa kibafitiye akamaro, bagashishikariza n'abandi baturage kukitabira. Iki gihingwa iyo gitangiye kwera ngo gitanga ifaranga ku mushoramari n'akazi ku bandi baturage.
Makadamiya ni igihingwa ngengabukungu cyera imbuto zivamo ibintu bitandukanye harimo ibiribwa n'imiti.
Dr Nyirinkwaya Jean Chrysostome umwaka ushize wa 2016, yejeje toni 25 zavuyemo miliyoni zisaga 20 z'amafaranga y'u Rwanda, ikilo kimwe umuhinzi ahabwa amafaranga ari hagati ya 800 na 900 ku isambu . umusaruro ngo uracyari muke dore ko makadamiya uko zikura ari nako zigenda zirushaho gutanga umusaruro. Aha ni naho umunyamabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Kamabuye Murwanashyaka Oscar ahera avuga ko igihingwa cya Makadamiya gifitiye umumaro abashoramari ndetse n'abaturage bahabona akazi.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru