AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Bugesera: Abana birukanwa kubera kutishyura amafaranga y'igikoma

Yanditswe Jun, 23 2016 16:18 PM | 2,134 Views



Bamwe mu banyeshuri biga ku kigo cy’amashuri abanza cya Rulindo mu murenge wa Musenyi, mu karere ka Bugesera bavuga ko birukanirwa amafaranga 250 y’ifunguro ry’igikoma bafatira ku ishuri

Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abanza cya Rulindo mu Bugesera buvuga ko gahunda yo kuhabwa ifunguro ry’igikoma ku ishuri yashyizweho n’ababyeyi, aho bahabwa igikoma mu minsi 3. Yaje igamije kunganira gahunda y'inkongoro ku mwana, aho abana bo mu mashuri y’incuke ndetse n’abiga kuva mu wa mbere kugeza mu wa gatatu ubanza bahabwa amata ku ishuri iminsi ibiri mu cyumweru.

Gusa ubuyobozi  buhakana bwivuye inyuma ko ntamunyeshuri wirukanirwa ko atatanze umusanzu we kugira ngo haboneke ifunguro ry’igikoma.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira