AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Bimwe mu bibazo byagaragaye u Rwanda ruva muri analog rwinjira muri Digital

Yanditswe Jun, 23 2016 10:52 AM | 1,285 Views



Urwego ngenzuramikorere rw'imirimo imwe n'imwe ifitiye igihugu akamaro RURA rutangaza ko uburyo bwa Digital u Rwanda rwinjiyemo bwatumye aho amajwi n'amashusho bigera mu Rwanda hiyongera biva ku kigero  kiri hagati ya 40 na 45% bigera ku kigero cya 90%. Kuri ubu umuyoboro cyangwa wakorerashwaga na Television 1, ushobora gukoreshwa na Television zigera kuri 18.

Abaturage nabo bavuga ko uburyo bwa Digital bwatumye babasha kureba Televiziyo zitandukanye no gukurikirana ibibera hirya no hino kw' isi.

RURA ivuga ko kugeza ubu aho amajwi n'amashusho bitaragera ahanini ari ukubera imiterere yaho nk'ahiganje cyane imisozi.

Kugeza ubu mu Karere u Rwanda rurimo ka Afurika y' iburasirazuba, ibihugu bigize uyu muryango byamaze kuva mu buryo bwa Analogue bijya mu buryo bwa Digital, igihugu cy'u Burundi ni cyo gusa gisigaye kitaratangira iyi gahunda.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira