Yanditswe Feb, 09 2017 13:32 PM | 1,533 Views
Mu
karere ka Rubavu hateraniye umwiherero wa 13 w'abafatanyabikorwa, ba Leta y'u
Rwanda. Abawurimo baraganira ku nzira y'iterambere, imbogamizi zirimo
n'ibiteganywa mu minsi iri imbere.
Ihuriro ry'abafatanyabikorwa ba guverinoma rigizwe n'abayobozi bakuru b'igihugu n'abafatanyabikorwa barimo abahagarariye imiryango n'ibihugu bitera inkunga u Rwanda. Ni inama y'iminsi 2 yo ku rwego rwo hejuru bahuriyemo bakazaganira ku ngamba z'Imbaturabukungu EDPRS II, na za politiki z'ingenzi ubukungu bw'u Rwanda bwubakiyeho.
Hararebwa no ku igenamigambi ry'umwaka wa 2017-2018, ndetse n'icyerekezo cya 2050 batibagiwe n'ibiteganywa muri EDPRS III.
Iyi nama igamije kandi gutegurira hamwe n'abafatanyabikorwa ahava ubushobozi buzifashishwa mu gushyira mu bikorwa politiki z'iterambere ry'u Rwanda muri izo nzego z'ingenzi.
Uyu mwiherero uyobowe na ministre w'imari n'igenamigambi, amb. Claver Gatete ufite insangamatsiko igira iti, ubufatanye buhamye ku bw'iterambere rirambye
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru