AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Bamwe mu bayobozi bagiranye umwiherero n'abafatanyabikorwa ba leta

Yanditswe Feb, 09 2017 13:32 PM | 1,533 Views



Mu karere ka Rubavu hateraniye umwiherero wa 13 w'abafatanyabikorwa, ba Leta y'u Rwanda. Abawurimo baraganira ku nzira y'iterambere, imbogamizi zirimo n'ibiteganywa mu minsi iri imbere.

Ihuriro ry'abafatanyabikorwa ba guverinoma rigizwe n'abayobozi bakuru b'igihugu n'abafatanyabikorwa barimo abahagarariye imiryango n'ibihugu bitera inkunga u Rwanda. Ni inama y'iminsi 2 yo ku rwego rwo hejuru bahuriyemo bakazaganira ku ngamba z'Imbaturabukungu EDPRS II, na za politiki z'ingenzi ubukungu bw'u Rwanda bwubakiyeho.

Hararebwa no ku igenamigambi ry'umwaka wa 2017-2018, ndetse n'icyerekezo cya 2050 batibagiwe n'ibiteganywa muri EDPRS III.

Iyi nama igamije kandi gutegurira hamwe n'abafatanyabikorwa ahava ubushobozi buzifashishwa mu gushyira mu bikorwa politiki z'iterambere ry'u Rwanda muri izo nzego z'ingenzi.

Uyu mwiherero uyobowe na ministre w'imari n'igenamigambi, amb. Claver Gatete ufite insangamatsiko igira iti, ubufatanye buhamye ku bw'iterambere rirambye




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama