Yanditswe Jan, 02 2017 15:03 PM | 1,998 Views
Abanyarwanda b'ingeri zitandukanye bishimiye ko gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi yatangiye gushyira mu bikorwa kuva ku itariki ya mbere. Ibi bishyizwe mu bikorwa nyuma y'uko inzego zishinzwe ingufu z'amashanyarazi zigaragaje ko ibikorwaremezo bitanga umuriro w'amashanyarazi byiyongereye.
Ibyishimo nkibyo byanagaragajwe n’abakora ubucuruzi bunyuranye harimo abakora muri za saloon bakaba bemeza ko gahunda za leta ''imvugo ariyo ngiro''.
Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi mu Rwanda, rije nyuma y'uko mu kwezi gushize ministeri y'ibikorwa remezo n'ikigo gishinzwe ingufu REG bagaragaje ko hari kugenda huzura ibikorwa remezo byinshi bitanga umuriro w'amashanyarazi. Icyo gihe ministre James Musoni w'ibikorwa remezo yasobanuye ko muri iki giciro umuturage yitaweho cyane.
Kuva muri uku kwezi kwa mbere, biteganyijwe ko ikigo cy’ingufu REG kitangiza gahunda yitwa PIP igamije kunoza imitangire ya serivisi ijyanye no kugeza umurimo w'amashanyarazi ku baturage.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Philos
Baratubeshye Jan 06, 2017