AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bamwe mu baturage n'abacuruzi bishimiye igabanuka ku giciro cy'amashanyarazi

Yanditswe Jan, 02 2017 15:03 PM | 1,998 Views



Abanyarwanda b'ingeri zitandukanye bishimiye ko gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi yatangiye gushyira mu bikorwa kuva ku itariki ya mbere. Ibi bishyizwe mu bikorwa nyuma y'uko inzego zishinzwe ingufu z'amashanyarazi zigaragaje ko ibikorwaremezo bitanga umuriro w'amashanyarazi byiyongereye.

Ibyishimo nkibyo byanagaragajwe n’abakora ubucuruzi bunyuranye harimo abakora muri za saloon bakaba bemeza ko gahunda za leta  ''imvugo ariyo ngiro''.

Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi mu Rwanda, rije nyuma y'uko mu kwezi gushize ministeri y'ibikorwa remezo n'ikigo gishinzwe ingufu REG bagaragaje ko hari kugenda huzura ibikorwa remezo byinshi bitanga umuriro w'amashanyarazi. Icyo gihe ministre James Musoni w'ibikorwa remezo yasobanuye ko muri iki giciro umuturage yitaweho cyane.

Kuva muri uku kwezi kwa mbere, biteganyijwe ko ikigo cy’ingufu REG kitangiza gahunda yitwa PIP igamije kunoza imitangire ya serivisi ijyanye no kugeza umurimo w'amashanyarazi ku baturage. 



Philos

Baratubeshye Jan 06, 2017


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama