AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Bamwe mu bakozi b'imirenge bavuga ko gukosoza liste y'itora biri hejuru ya 90%

Yanditswe May, 29 2017 16:09 PM | 2,381 Views



Italiki ntarengwa yari yaratanzwe na komisiyo y'igihugu y'amatora ya buri wese kuba yarikosoje kuri liste y'itora  yarangiye kuri iki cyumweru taliki 28.05.2017.

Bamwe mu bayobozi b'imirenge bavuga ko umubare munini w'abaturage bamaze kwikosoza usibye bake bagiye bimukira ahandi.

Kugeza nko ku murenge wa Gitega, bamwe mu bayobozi bavuga ko kwikosoza bigeze ku kigereranyo cya 96%.

Mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Niboyi, ho harimo kwakirwa abaturage bafite indangamuntu zifite ibibazo urugero nk'amakosa mu mazina, imyaka , n'ibindi. Kuburyo harimo gukosorwa ayo makosa agaragara ku ndangamuntu bahawe.

 Ku kigo cy'igihugu gishinzwe ingangamuntu ku munsi ngo hakirwa abantu bari hagati ya 30-40. Nabo ngo basabwa kwishyura amafaranga 1500 bakanagaragaza icyemezo cyatanzwe mbere ya 2007, kugirango barebereho amazina nyayo bifuza ko ashyirwa ku ndangamuntu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira