Yanditswe Nov, 20 2018 21:07 PM | 2,983 Views
U Rwanda rurishimira intambwe imaze guterwa n’ibihugu bya afurika mu bijyanye n’amavugurura yatumye afurika igira icyerekezo kimwe. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Richard Sezibera akavuga ko ngo ibi bitanga icyizere cy’impinduka zikomeye mu iterambere ry’abatuye uyu mugabane.
Mu 2016 nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame n’itsinda ry’impuguke yari ayoboye batangiye urugamba rugamije guha umugabane wa afurika umurongo mushya wo gukorera hamwe no kurushaho kwishakamo ibisubizo.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Richard Sezibera asanga aya mavugurura akinakomeje yarahaye umurongo mushya umugabane wa afurika.
Minisitiri w’ububanyi
n’amahanga, Dr Richard Sezibera avuga ko hari ikizere ko izi mpinduka zizakomeza
ashingiye ku bushake abakuru b’ibihugu bafite.
Amwe mu mavugurura yakozwe mu muryango wafurika yunze ubumwe arimo nko kwemezwa ko ibihugu bigomba kujya bitanga 0.2% by’umusoro w’ibyinjizwa mu gihugu, ni gahunda izafasha afurika gukusanya imisanzu mu bihugu, izabasha gutera inkunga 100% ibikorwa by’ubuyobozi, 75% bya program z’umuryango na 25% by’ibikorwa by’amahoro.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru