AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Amatora y'umukuru wa FERWAFA yasubitswe akazasubirwamo nyuma y'iminsi 90

Yanditswe Dec, 30 2017 23:12 PM | 8,114 Views



Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Ferwafa kemeje ko kuba nta mukandida washoboye gutsinda amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, komite yari isanzweho iyobowe na Nzamwita Vincent De Gaulle izakomeza imirimo yayo kugeza habaye andi matora.

Ibi byabaye nyuma y'uko Nzamwita Vincent de Gaule avanyemo kandidature ye, umukandida bahataniraga uyu mwanya Rwemalika Felicite ntiyagejeje ku majwi akenewe ngo atorwe.

ICYO ABANTU BATANDUKANYE BAVUGA KU MATORA YIMUWE

Bamwe mu bakunda umupira w'amaguru n'abakurikirana ibyawo igihe kinini, baravuga ko batunguwe no kuba umwaka urangiye nta matora y'umuyobozi mushya wa Ferwafa abaye kandi bari babyiteguye. 

Gusa ngo uzatorwa wese azaharanire kuzamura impano z'abana kugirango abanyarwanda bongere gukunda umupira w'amaguru no kugaruka ku bibuga, no gutegura neza ikipe y'igihugu izitabira imikino ya CHAN izatangira mu kwezi gutaha.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage