AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Amafoto: Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Budage

Yanditswe Apr, 18 2016 09:37 AM | 4,193 Views



Mu gihugu cy'u Budage, abanyarwanda baba mu bice binyuranye kuri iki cyumweru bahuriye i Cologne mu gikorwa cyo kwibuka ku ncuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. 

Nk'uko umunyamakuru wa Deustch Welle Isaac Mugabi abivuga, ngo ubutumwa bwahatangiwe kimwe n'ubwatanzwe kuwa6 i Mayance ubwo naho bibukaga, bwagiye buganisha ku gusobanurira urubyiruko ububi bwa jenoside, uko yateguwe n'uko yashyizwe mu bikorwa.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura