AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Amafoto: Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Bubiligi

Yanditswe Apr, 18 2016 10:07 AM | 5,106 Views



Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye mu mu karere k’Amajyaruguru y’u Bubiligi, mu mujyi wa Anvers, mu mpera z'icyumweru dusoje bibutse ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Uyu muhango waranzwe n’umugoroba wo kwibuka watangiwemo ubuhamya, n’ubutumwa butandukanye.


Perezida wa Diaspora Nyarwanda muri Anvers, Frédéric Irankunda, yagarutse ku nsanganyamatsiko y’uyu mwaka aboneraho no gushimira by’umwihariko abitabiriye iki gikorwa, baturutse hirya no hino mu turere tugize u Bubiligi no mu nkengero z’icyo gihugu.


Amb. Olivier Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Bubiligi, we mu ijambo rye yavuze ko Anvers bibukiraga hafite amateka ajya gusa n'ayo mu Rwanda aho abayahudi bicwaga ubuyobozi bukabatererana.

Yakomeje avuga ko jenoside atari ikintu cyatunguranye, ahubwo ko ari umugambi wateguwe igihe kirekire.

Yasabye abanyarwanda baba mu Bubiligi gukomeza kurwanya abapfobya n’abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, barushaho gushyira imbaraga zabo hamwe.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura