Yanditswe Oct, 25 2017 19:15 PM | 4,133 Views
Bamwe mu bakora akazi ko kuvunja amadevise hano
mu Rwanda baratangaza ko nyuma y'igihe bamaze bakora bibumbiye mu
mashyirahamwe akajagari kagenda gacika mu mwuga wabo nubwo hakigaragara zimwe
mu nzitizi zibangamira ako kazi.
Mu mabwiriza rusange agenga ibiro by'ivunjisha yo kuwa 22/02/17 mu ngingo yayo ya 6 ,umuntu wese wifuza gushinga ibiro by' ivunjisha mu Rwanda ategetswe kugira umubare w'amafaranga anganana miriyoni 50 z' igishoro harimo miriyoni 40 zo gutangiza akazi ndeste n' izindi 10 zo kugura ibikoresho byaho ibiro bizakorera ibyo bikajyana n' ibindi byangombwa bisanzwe bitangwa n'abandi bashoramari.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru