AGEZWEHO

  • Ababyeyi basizwe iheruheru na Jenoside barashima uko bakomeje gufashwa kwiyubaka – Soma inkuru...
  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...

Abaturage barasaba ko murandasi yarushaho kuboneka bihendutse muri uyu mwaka

Yanditswe Jan, 02 2017 15:12 PM | 1,231 Views



Abaturage cyane abiganjemo urubyiruko baravuga ko ibiciro bya internet biri hejuru n'ibihari ngo ntabwo bayikoresha ibyo baba bifuza. Ibi barabivuga mu gihe abakora ingendo mu mujyi wa Kigali nabo bavuga internet yari yashyizwe mu mamodoka itagikora, ibintu bavuga ko bikwiye kuvugururwa muri uyu mwaka wa 2017.

Kugeza ubu Murandasi cyangwa internet usanga abantu bayifata nk'ikintu gikomeye mu buzima bwabo, kuko ibafasha kumenya ibibera hirya no hino ku isi, gukora ubushakashatsi, gukurikirana ibibera ku mbuga nkoranyambaga n'ibindi. Ibi bigatuma abakoresha internet isi ibabera nk'umudugudu kuko baba bashoboye gusabana n'abari ikantarange.

Kugeza ubu u Rwanda ni kimwe mu bihugu biri ku isonga mu gukoresha ikoranabuhanga rya Internet. Ibi biterwa nuko hari imiyoboro ya 'Fibre Optique' iri hafi mu gihugu hose yifashishwa mu gukwirakwiza murandasi.

Ni muri urwo rwego hagiye habaho n'ingamba zigamije kwegereza abaturage service za internet aho kandi hashize igihe kitari gito hashizwe internet no mu modoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali kugirango bajye bakomeza ibibera ku isi umunota ku munota. Gusa bamwe mu bakoresha isi modoka rusange muri kigali bavuga ko internet bavuga ko bagerageza kuyikoresha ntibikunde.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira