Yanditswe Nov, 07 2016 12:30 PM | 1,625 Views
Impuguke mu itangazamakuru ziravuga ko Afrika ikwiye kujya yivugira cyane amakuru nyayo agaragaza uko imeze, bitavuzwe n'andi mahanga agaragaza isura itariyo y'uyu mugabane.
U Rwanda rwizihije umunsi Nyafrica w'itangazamakuru, aho i Kigali harimo kubera ibiganiro bihuje inzego zitandukanye zifite aho zihurira n'itangazamakuru. Zirarebera hamwe uko itangazamakuru rya Africa ryajya ryivugira ibibera ku mugabane wabo, aho kugirango bijye bivugwa n'abandi kuko bavuga ibibi gusa.
Minisitiri w'ubutabera Johnston Busingye niwe watangije ibyo biganiro aho yashimye uruhare rw'itangazamakuru mu iterambere ry'u Rwanda. Naho umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'imiyoborere (RGB) Prof. Shyaka Anastase we yagaragaje uburyo itangazamakuru mu Rwanda rigenda rikura, umubare w'ibitangazamakuru ukuntu w'iyongera, ibi kandi bigaterwa n'uburyo itangazamakuru risigaye ryigenzura.
Gusa na none hagarutswe ku mikoro macye y'ibitangazamakuru bigira ingaruka ku mikorere yabyo.
Binateganyijwe ko kuri uyu munsi hanatangazwa ibipimo bigaragaza uko itangazamakuru mu Rwanda rihagaze, Rwanda Media Barometer.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru