AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Abantu babiri nibo bazwi kuba barahagaritswe na Polisi ku ngufu mu minsi mikuru

Yanditswe Jan, 01 2017 15:52 PM | 1,171 Views



Police y'u Rwanda iratangaza ko abantu bakwiye gukomeza kwitwararika muri iyi minsi mikuru bubahiriza amategeko y'umuhanda. Ibi Police irabitangaza mu gihe mu minsi 2 ikurikiranye habonetse amakosa y'abantu 2 banze guhagarara mu gihe bahagaritse na police bashaka kujya ahatemewe, bagahagarikwa hifashishijwe ingufu.

Police y'u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ivuga ko mu gihe cyo kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli nta mpanuka zabaye zikomeye nta n'amakosa adasanzwe yagaragaye mu muhanda. Gusa ubwo abanyarwanda bitegura gutangira umwaka mushya wa 2017 ngo harimo kugaragara ikibazo cy'abantu barimo kwishima banywa inzoga nyinshi bagatwara imodoka basinze.

Inkuru irambuye mu mashusho:

Police y'u Rwanda isaba abantu ko bakwiye kwidagadura, bakishima muri iyi minsi mikuru ariko bubahiriza amategeko. Police ivuga ko ihari kugirango abantu bidagadure mu mutuzo.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize