Yanditswe Jan, 01 2017 15:52 PM | 1,171 Views
Police y'u Rwanda iratangaza ko abantu bakwiye gukomeza kwitwararika muri iyi minsi mikuru bubahiriza amategeko y'umuhanda. Ibi Police irabitangaza mu gihe mu minsi 2 ikurikiranye habonetse amakosa y'abantu 2 banze guhagarara mu gihe bahagaritse na police bashaka kujya ahatemewe, bagahagarikwa hifashishijwe ingufu.
Police y'u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ivuga ko mu gihe cyo kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli nta mpanuka zabaye zikomeye nta n'amakosa adasanzwe yagaragaye mu muhanda. Gusa ubwo abanyarwanda bitegura gutangira umwaka mushya wa 2017 ngo harimo kugaragara ikibazo cy'abantu barimo kwishima banywa inzoga nyinshi bagatwara imodoka basinze.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Police y'u Rwanda isaba abantu ko bakwiye kwidagadura, bakishima muri iyi minsi mikuru ariko bubahiriza amategeko. Police ivuga ko ihari kugirango abantu bidagadure mu mutuzo.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru