AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Abantu 3 nibo bamaze guhabwa impapuro zo gusinyisha mu baturage--Kalisa Mbanda

Yanditswe May, 25 2017 19:09 PM | 2,627 Views



Perezida wa Komisiyo y'igihugu y'Amatora Prof. Kalisa Mbanda, avuga ko abagabo 2 n'umugore umwe aribo bamaze gufata impapuro ziyo komisiyo ku buryo barimo gusinyisha abantu ngo babone abantu 600 babahesha uburenganzira bwo gushyirwa ku rutonde rw'abazemererwa kwiyamamariza umwanya w'umukuru w'Igihigu mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa 8.

Prof. Kalisa Mbanda, avuga ko guhera ku italiki ya 13 z'uku kwezi kwa 5 nibwo abifuza kwiyamamariza umwanya w'umukuru w'igihugu batangiye gusinyisha ababashyigikiye 600 kugirango bashyirwe ku rutonde rw'abaziyamamariza uwo mwanya.

Mu matora y'umukuru w'igihugu yo mu 2010, abanyarwanda bayitabiriye bagera kuri miliyoni 6 n'ibihumbi 800. Uyu mubare ukaba ngo ushobora kwiyongera mu matora yo muri uyu mwaka, ukagera muri miliyoni zirindwi. Prof. Mabanda anasobanura ko kwikosoza kuri liste y'itora ngo birihuta mu turere tw'icyaro kurusha mu mijyi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama