AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Abana baturutse mu bihugu bitandukanye bari kwiga uko bateza impano zabo imbere

Yanditswe Dec, 07 2016 17:26 PM | 2,026 Views



Abana bagera kuri 57 baturutse mu bihugu bine bitandukanye bari mu Rwanda batozwa uko babyaza umusaruro impano zibarimo, ndetse hakaba n'abandi 250 baturuka mu bihugu 16 nabo bakaba bigishwa kwimakaza umuco w'amahoro binyujijwe muri siporo, ku mpande zombi abari mu nshingano barasaba ababyeyi kutareka abana ngo bandagare mu bihe by'ibiruhuko.

Aba bana baturuka mu mashyirahamwe atandukanye mu bihugu 16 by'afurika y'iburasirazuba hakaba hagamijwe kubatoza guharanira amahoro binyuze muri siporo nkuko bisobanurwa na Sewabana Victor Emmanuel uhagarariye umuryango w'urubyiruko ukorera ku kimisagara Association des Jeunes Sportif de Kigali.

Abayobozi bitabiriye iri huriro ry'abana barashimira cyane ko u Rwanda rushyigikira urubyiruko mu kwithangira imirimo kandi ko nabo bazajya bashyigikira abana bagaragaza impano zababyarira inyungu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura