Yanditswe May, 23 2017 16:53 PM | 3,106 Views
Ababyeyi batwite batinda ku nda igihe cyo kubyara, iyo badafashijwe byihutirwa bishobora kubaviramo indwara yo kujojoba izwi nka Fistule. Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku ndwara yo kujojoba, abagore batwite barasabwa kwitwararika kujya kubyarira kwa muganga mu rwego rwo kwirinda iyo ndwara.
Bamwe mu babyeyi bigeze kugira icyo kibazo bavuga ko byababeye ikibazo gikomeye ariko nyuma bagahura n'abaganga bakabitaho bagakira.
Docteur Ndizeye Ntwali, avuga ko mu Rwanda hagaragara ababyeyi bahura n' iki kibazo haba mu babyarira mu rugo cyangwa se kwa muganga.
Mu bikorwa byihariye by’inzobere z’abaganga baza mu Rwanda kubaga abafite ikibazo cya Fistule hamaze kubagwa ababyeyi basaga ibihumbi 3,000, naho abaganga b’abanyarwanda bavura abagore bo bavuga ko kuva batangira igikorwa cyo kubaga mu mwaka ushize wa 2016, hamaze kubagwa abagore bagera kuri 70.
Muri Afurika yo munsi y' ubutayu bwa Sahara, Aziya, mu bihugu by' abarabu n' ibyo mu majyepfo y' Amerika habarurwa abagore bagera kuri miliyoni 2 bafite ikibazo cyo kujojoba nk’uko raporo za OMS zibigaragaza.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru