AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Abaganga babaga indwara ya fistile baracyari bake mu Rwanda

Yanditswe May, 23 2017 16:53 PM | 3,106 Views



Ababyeyi batwite batinda ku nda igihe cyo kubyara, iyo badafashijwe byihutirwa bishobora kubaviramo indwara yo kujojoba izwi nka Fistule. Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku ndwara yo kujojoba, abagore batwite barasabwa kwitwararika kujya kubyarira kwa muganga mu rwego rwo kwirinda iyo ndwara.

Bamwe mu babyeyi bigeze kugira icyo kibazo  bavuga ko byababeye ikibazo gikomeye ariko nyuma bagahura n'abaganga bakabitaho bagakira.

Docteur  Ndizeye Ntwali, avuga ko  mu Rwanda  hagaragara  ababyeyi bahura n' iki kibazo  haba mu babyarira mu rugo cyangwa se kwa muganga.

Mu bikorwa byihariye by’inzobere z’abaganga baza mu Rwanda kubaga abafite ikibazo cya Fistule hamaze kubagwa ababyeyi basaga ibihumbi 3,000, naho abaganga b’abanyarwanda bavura abagore bo bavuga ko kuva batangira igikorwa cyo kubaga mu mwaka ushize wa 2016, hamaze kubagwa abagore bagera kuri 70.

Muri Afurika yo munsi y' ubutayu bwa Sahara, Aziya, mu bihugu by' abarabu n' ibyo mu majyepfo y' Amerika habarurwa abagore bagera kuri miliyoni 2 bafite ikibazo cyo kujojoba nk’uko raporo za OMS zibigaragaza. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama